|
Amakuru agezweho
Urubyirukorukoresha ibiyobyabwenge ruri kwiyongera ku isi
Urumogi, kokayine eroyine, n’ibindi biyobyabwenge bitandukanye usanga urubyiruko rutandukanye rwo ku isi ruri kunywa ibi biyobyabwenge cyane uko imyaka igenda yiyongera uko bucyeye nuko bwije,iki babaje ngo ni uko abenshi ari abana bari hagati y’imyaka cumi n’itanu na makumyabiri n’itanu. Iyi nkuru yatangajwe kuwa 26 / 09 / 2011, 00:22 U Rwanda rugiye kohereza ingabo muri Cote d’Ivoire Kuru uyu wagatatu tariki ya 21 Nzeri 2011, isi yose irizihiza umunsi wahariwe amahoro. Mu rwego rwo kubungabunga amahoro ku isi ,igipolisi cy’u Rwanda kivuga ko cyiteguye kohereza ingabo mu gihugu cya Cote d’Ivoire.Ibi ni ibivugwa ni umuvugizi wa polisi y’u Rwanda Theos Badege Nkuko byanditswe n’ikinyamakuru The New Times cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 21 Nzeri 2011. Iyi nkuru yatangajwe kuwa 21 / 09 / 2011, 16:57 Sean Kingston yaririmbye akoresheje playback mu Rwanda Umuhanzi w’icyamamare ukorera muri leta zunze ubumwe z’Amerika Sean Kingston yaririmbiye abanyarwanda tariki ya 17 Nzeli 2011 nkuko byari biteganijwe.Uyu muririmbyi uzwi mu ndirimbo nka Beautiful Girls,Me Love,Take You There,Why You Wanna Go,Face Drop n’izindi arirmbira abanyarwanda yaririmbye yifashishije CD(playback).Ni ukuvuga ko Kingston yashyiragamo indirimbo zikoze akajyana nazo. Iyi nkuru yatangajwe kuwa 20 / 09 / 2011, 17:05 Ne-Yo arateganya kubyara umwana wa kabiri muriUkwakira 2011 Ne-Yo, umwanditsi w’indirimbo akaba n’umuririmbyi mu gihugu cy’amerika arateganya kubyara umwana we wa kabiri mu kwezi kwa cumi 2011.Umuhanzi Shaffer Chimere Smith uzwi cyane ku izi rya Ne-Yo azabyarana umwana we wa kabiri n’umuntu babyaranye umwana wa mbere. Iyi nkuru yatangajwe kuwa 20 / 09 / 2011, 15:29 Ikipe y’Arsenal ikomeje guhura n’uruva gusenya Kuri uyu wagatandatu tariki ya 17-09-2011 ,Arsenal yakinnye n’ikipe ya Blacburn Rovers yari ku kibuga cyayo.Muri uyu mukino Blacburn yatsinze ikipe y’Arsenal ibitego 4-3. Iyi nkuru yatangajwe kuwa 17 / 09 / 2011, 11:25 |
Amakuru akunzwe ![]() Ibimenyetso bitanu byerekana umukobwa ukunda umuhungu Iyi nkuru yatangajwe kuwa 21 / 09 / 2011, 14:53 ![]() Abantu b’ibyamamare 10 bakize ku isi bafite imyaka iri munsi ya 30 Iyi nkuru yatangajwe kuwa 11 / 08 / 2011, 16:48 Amamaza Hano |

